Isinya ry’uyu rutahizamu ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Kiyovu Sports yaritangaje ibinyujije ku mbugankoranyambaga zayo aho yavuze ko Lola Kanda Moise w’imyaka 29 y’amavuko yasinye amasezerano y’imyaka ibiri.
Lola Kanda Moise yari amaze umwaka akinira Gicumbi FC aho yayifashije gusoza shampiyona ya 2025-2026 iri ku mwanya wa 12 n’amanota 38 mu gihe aribwo byayifashije kuguma mu cyiciro cya mbere yazamutsemo uyu mwaka.
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|