Uyu rutahizamu nyuma yo kutabasha guhita abona ibyangommbwa bimwemerera guhita akina Shampiyona y’u Rwanda muri uyu mwaka w’imikino 2019/2020, ntiyongeye kugaragara mu myitozo ya Rayon Sports.

Jules Ulimwengu ni we rutahizamu wigaragaje kurusha abandi mu mwaka w’imikino ushizea 50
Uyu rutahizamu ukomoka i Burundi yakomeje gushakishwa n’amakipe yo hanze ariko ntibyakunda ko ahita ayerekezamo, gusa amakuru yizewe atugeraho ni uko uyu mukinnyi yamaze kwemera kuba yakwerekeza muri Shamoiyona y’u Bushinwa, aho Rayon Sports igomba guhabwa ibihumbi 50 by’amadollars (46,341,315 RWFS)
Jules Ulimwengu yari yarangije Shampiyona y’u Rwanda y’uyu mwaka ushize ari we uyoboye abatsinze ibitego byinshi aho yatsinze ibitego 20, ndetse aza no mu batsinze ibitego byinshi mu gikombe cy’Amahoro.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Rayon sport amashi meshi cane
Nicyo nkundira Rayon sport ihomba rimwe ikunguka irindi nuko bazayarwaniramo ariko irungutse cyane pe!gusa igure abandi 3 abarundi 2 n’umunyemali1.
Rero na Gasogi yigire kuri Rayon irebe ko idakora umuti na KNC wayo.