
Ubwo Jacques Tuyisenge n’umukunzi we basezeranaga imbere y’amategeko
Kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Kanama 2021, Jacques Tuyisenge arasaba ndetse anakwe umukunzi we baheruka gusezerana imbere y’amategeko.
Ubukwe nyirizina, ni ukuvuga gusezerana mu rusengero ndetse no kwakira abatumirwa bizaba ku wa Gatandatu tariki 21 Kanama 2021, ibyo birori bikazabera mu mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu.

Tuyisenge yasezeranye n’umukunzi we imbere y’amategeko ku itariki 19 Gashyantare 2021, amakuru akaba yavugaga ko bari guhita bakora ubukwe bukeye bwaho ku wa Gatandatu, ariko iyo gahunda iza gusubikwa kubera icyorezo cya Covid-19.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ni byiza ko Tuyisenge arongoye.Yali atangiye gusaza.Gusa ni byiza kurongora ukuze.Kurongora ni impano nziza twahawe n’umuremyi ushaka ko duhora twishimye.
Tujye tumushimira dukora ibyo adusaba.Twirinda gukora ibyo atubuza,kugirango azaduhe ubuzima bw’iteka.