Nk’uko byari bisanzwe bimenyerewe ko imikino ya nyuma y’igikombe cy’Amahoro ibera ku bibuga byo mu mujyi wa Kigali, kuri iyi nshuro yashyizwe kuri Stade Huye.

Stade Huye igiye kwakira imikino ya nyuma y’igikombe cy’Amahoro
Stade Huye kuva yavugururwa yari imaze iminsi yakira imikino y’ikipe y’igihugu "AMAVUBI", ubu umukino wa nyuma ndetse n’imikino yo guhatanira umwanya wa gatatu nayo izabera i Huye.
Kugeza ubu iyi mikino igeze muri 1/2, aho mu mikino ibanza APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1, naho Rayon Sports itsindira Mukura i Huye ibitego 3-2.

National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ninyamibwa
Mutungezaho amakuru mashya
Kbx mukomereze Aho