Mu masaha y’isaa Kumi nibwo iyi kipe iyobowe na Theogene Byamungu yasesekaye ku mupaka wa Rubavu, aho ihita itangira imyitozo y’uyu mukino utegura amarushanwa ya CHAN urwanda ruzakira guhera tariki 16 Mutarama 2015.
Biteganyijwe ko uyu mukino uzitabirwa nAbanyekongo benshi batuye Goma, bashaka kureba ikipe yabo bari bayiherekeje Ku mupaka bayisaba itsinzi.




Abakinnyi 23 baje mu Rwanda
Mu izamu : Landu Makiese Guelord (V.Club), Matampi Vumi Ley
(DCMP na Nke Bompili Héritier (FC Renaissance du Congo).
Abakina inyuma : Baumeto Junior (Saint-Eloi Lupopo), Bangala Litombo Yannick (DCMP), Bompunga Botuli Padou (V.Club), Kimwaki Mpela Joël (Mazembe), M’Fuki Kilala (FC MK), Lomalisa Mutambala Joyce (V.Club) et Ngimbi Christian (FC Renaissance du Congo).
Abakina hagati : Bope Bokadi Merveille (Mazembe), Gikanji Doxa (DCMP), Munganga Omba Nelson (V.Club),Mika Michée (CS Don Bosco), Ngudikama Emmanuel-Christian alias Kila (V.Club),Lusadisu Basisila Guy (V.Club) et Tulengi Sindani Ricky (DCMP).
Abakina imbere: Luvumbu Nzinga Héritier (V.Club),Ngulubi Kilua Cédric (Shark XI FC), Bolingi Mpangi Jonathan (Mazembe), Mundele Makusu Jean-Marc (V.Club), Mombo Lusala Zacharie (FC MK) et Meschak Elia (CS Don
Bosco).
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Nejejwe nokubona amakipe azitabira amarushanwa arikobyumwihariko Amavubi tuyarinyuma gusa tuzanezezwa nuko azaduhesha insinzi
yooo ooooooh
mbabajwe no kubona umunyezamu Kidiaba Robert atitabiriye umukino rwose
tubahaye ikaze iwacu twizere ko tuzakinana kivandimwe