Mu minsi ishize Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryari ryafatiye Rayon Sports ibihano byo kutandikisha abakinnyi kubera ideni iyi kipe yari ifitiye umutoza Paula Daniel Ferreira Faria wahoze ari umutoza wungirije, nyuma akaza gutanga ikirego.

Luvumbu ni umwe mu bakinnyi Rayon Sports yasinyishije ariko itarandikisha
Kuri uyu wa Kane ni bwo FIFA yamenyesheje impande zirebwa n’iki kibazo ko ibihano byamaze kuvaho, bivuze ko ubu Rayon Sports yemerewe kwandikisha abakinnyi ihereye kuri Héritier Luvumbu iheruka gusinyisha ariko ntakine umukino wa mbere Rayon Sports iheruka gukina
ryakuyeho ibihano byari byafatiye ikipe ya Rayon Sports kubera kutishyura umutoza baheruka gutandukana
National Football League
Ohereza igitekerezo
|