Kuri uyu wa Kabiri tariki 14/11/2023 ni bwo ikipe ya Bugesera yatangaje ko ku bwumvikane bw’impande zombi, yatandukanye na Eric Nshimiyimana wari umutoza wayo.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko yamaze gusinyisha Haringingo Francis Christian nk’umutoza mukuru mushya, akazaba yungirijwe na Nduwimana Pablo bahoze bakorana muri Rayon Sports
National Football League
Ohereza igitekerezo
|