
Habimana Sosthène uzwi nka Rumumba ubu yahawe amasezerano mu ikipe y’Amagaju
Aba batoza yari isanganywe ni Nduwimana Pablo wari umutoza mukuru, Hakizimana Jean Baptiste wari wungirije, na Djabil watozaga abanyezamu.
Habimana Sosthene uzwi nka Lumumba agizwe umutoza mukuru w’Amagaju, nyuma y’aho yari yasezeye mu ikipe ya Musanze mu minsi ishize.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|