
Umutoza Guy Bukasa wari ugiye kumara hafi imyaka ibiri ari umutoza wa Rayon Sports, yamaze gusezera kuri iyi mirimo nk’uko amakuru agera kuri Kigali Today abivuga.
Kugeza ubu ikipe ya Rayon Sports ntacyo iratangaza kuri aya makuru, gusa nyuma y’uyu mukino ukirangira yahise yerekeza mu rwambariro, nyuma yaho yabwiye abo bakorana ko asezeye.

Igitego rukumbi cyatsinzwe na Ishimwe Anicet (wambaye umukara n’umweru) mu minota ya nyuma y’umukino gishobora kuba kiri mu mpamvu zitumye umutoza wa Rayon Sports asezera
Ubwo ikipe ya Rayon Sports yaherukaga gukina na APR FC, nabwo umutoza witwaga Martinez wa Rayon Sports yahise asezererwa nyuma yo gutsindwa ibitego 2-0.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Gusa imitorezeye izamukoraho nahandi yatoza afite imyumvire mini ntamukino uruta undi cg amanita 3 yose nikimwe yananiwe gutsinda Maline?
Gusa imitorezeye izamukoraho nahandi yatoza afite imyumvire mini ntamukino uruta undi cg amanita 3 yose nikimwe yananiwe gutsinda Malins?
Yagizeneza gusezera kuberako ntamusaruro yatangaga ahokugirango akomeze kutubeshya nagenderwose
Ubwo se Rayon uko itsinzwe niko coach azajya asezera? Nibashikame rero kuko gutsindwa ko APR izahora ibatsinda.
Rayon yatsinze APR itarabaho. Bibagirwe burundu. Nanga n’abafana babo batukana bakagira n’izindi ngendo mbi.
Najye aringe nasezera kko umupirawurwanda sindawubonera formula