Gorilla FC ibinyujije ku mbugankoranyambaga zayo yavuze ko Sunday Inemesit w’imyaka 30 y’amavuko yayisinyiye imyaka ibiri ayikinira.
Sunday Inemesit yari amaze amezi atandatu akinira AS Kigali yagiyemo muri Mutarama 2026, nyuma yo gutandukana na Musanze FC.
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|