Ni nyuma y’amakuru yakomeje gucicikana ko uyu mugabo w’imyaka 46 ukomoka mu Budage ari we wahawe aka kazi, gusa Ferwafa yaje kubihakana ariko ubu yamaze kwemeza aya makuru.

Antoine Hey wahabwaga amahirwe yo kwegukana uyu mwanya
Agizwe umutoza w’Amavubi uzasimbura McKinstry wirukanwe umwaka ushize kubera umusaruro mubi, akaba atsindiye uyu mwanya nyuma y’amasezerano y"ubufatanye amashyirahamwe y’umupira w’amaguru y’u Rwanda n’u Budage aheruka gusinyana.
Uyu mutoza utegerejwe mu Rwanda mu minsi ya vuba, atsinze abamdi babiri bari basigaranye mu rugendo rwo gushaka aka kazi ari bo Raoul Savoy na Jose Rui Lopes Aguas.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
tumuhaye ikaze murwimisozi igihumbi ikaze mu rwanda rwacu
yewe jye nacyo navuga gusa nazatubere nka makisitiri ngabe aruwo kuturira amafaranga azatoranye abakinnyi beza kandi bashoboye murakoze
ibigwi bye ni ibihe ko ubanza ari inyuma y’abandi bose bahanyuze ahawe umwanya kubera ko ubudage dufitanye amasezerano y’ubufatanye?
ikaze mu rwi imisozi igihumbi
ikaze mu rwi imisozi igihumbi
azakore akazi uko bikwiye cyane cyane mugutoranya abakinnyi. tumwifurije ishya n’ihirwe
aahh yewe ngaho natoze simbujije azatoza se abakuyehe ngaho azadusubize murikani tuzamwemera murakoze