Emmanuel Okwi yasinyiye Police FC

Kuri uyu wa Gatanu, Rutahizamu w’Umunya-Uganda, Emmanuel Okwi yasinyiye ikipe ya Police FC.

Isinya ry’uyu mugabo wakiniraga AS Kigali, Police FC yaritangaje inyuze ku mbugankoranyambaga zayo imuha ikaze.

Yagize iti" Twishimiye kwakira Emmanuel Okwi mu muryango wa Police Football Club."

Uretse Police FC, mu Rwanda Emmanuel Okwi wasinye umwaka umwe, yanakiniye Kiyovu Sports na AS Kigali yaherukagamo umwaka ushize w’imikino.

National Football League

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka