
Abafana benshi b’iyi kipe bari bitabiriye uyu muhango
Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Emery Bayisenge, yamaze kugera muri Bangladesh ku mugabane wa Aziya mu ikipe itozwa na Johnathan McKinstry wahoze ari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi.

Emery Bayisenge yakirwa n’ikipe ye nshya
Kuri uyu wa mbere Emery Bayisenge ndetse n’abandi bakinnyi babiri bashya ari bo Jamal Bhuyan na Jafar Iqbal bahawe umwanya wo gusabana n’abafana b’iyi kipe, ndetse n’aba bakunzi b’iyi kipe baboneraho gutsindira umwambaro w’iyi kipe.

Abafana bagiye batsindira imyambaro y’ikipe
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ariko nukwitwa ngo abantu bagye gukina m mahanga, amafoto yonyine arerekana ko hariya nta buzima bifitiye rwose. Ngaho ibizu bishaje, umwanda n’abantu ubwabo rwose baragaragaza ubuukene. Hnayuma ejobundi twomve mwangije amafaranga ngo mutumyeho umukinnyi wabigize umwuga mu mavubi
Cool abanyarwanda turashoboye nazo arsenal tuzagerayo