
Nyuma y’iminsi mike yari ishize myugariro Eméry Bayisenge yumvikanye ku gutandukana na Saif Sports Club yo muri Bangladesh, ubu yamaze gusinyira ikipe ya AS Kigali.
Uyu myugariro aje yiyongera ku bandi bakinnyi bakomeye iyi kipe yasinyishije barimo nka Shabban Hussein Tchabalala ndetse na Muhadjili Hakizimana.
AS Kigali kugeza ubu yamaze kwemezwa na Ferwafa ko ari yo kipe izahagararira u Rwanda mu marushanwa ya CAF Confederation Cup.


National Football League
Ohereza igitekerezo
|