
Jonathan Rafael da Silva ni rutahizamu bivugwa ko Rayon Sports igomba kumutangaho amafaranga akabakaba ibihumbi 50 by’amadollars, akazageramu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
Uyu rutahizamu utegerejwe cyane n’abafana ba Rayon Sports, biteganyijwe ko ashobora kwerekwa abafana mu mukino wa gicuti Rayon Sports izahuramo na Gasogi United ku cyumweru kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Uyu rutahizamu ashobora kuzabisikana na Bimenyimana Bonfils Caleb ushobora gusinyira ikipe ya Simba mu minsi iri imbere, akazasigara afatanya na Michael Sarpong uheruka gusinyira Rayon Sports avuye muri Ghana.
Amakuru atugeraho ni uko uyu rutahizamu yakinnye mu makipe yo muri Brazil arimo Corinthians Alagoano, akina kandi no muri FC Red Bull Salzburg yo mu cyiciro cya mbere muri Autriche, naho muri Brazil yaherukaga gukinamo yitwa Sousa Esporte Clube
Amwe mu mashusho agaragaza uyu rutahizamu Jonathan Rafael da Silva
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
uwonguwo azadupfurira igikona kbs!!!!!!!!.
Azitware neza
ndamanza mbaze ese azajya ahembwa angahe? azayisinyira amasezerano y’igihe kinganiki? cyakora asa kuzatsindira ikipe ya Rayons sport ibitego byinshi
Ebana nkurikije nibyo mbonye muri Video u’wowe Azaturiza Amarira yibyishimo.
njyewe ndabona atari ulukinnyi 50000$ kuko ntabigwi ndetse ni ibitego kuko afite 3but
Uko ndimokumubona azatubera intwari
Uko ndimokumubona azatubera intwari
Uko ndimokumubona azatubera intwari
Oho!
Rayoooo!!
Urikipe
Y,Imana. Kbsa
Ewan nzagufana. Kugeza. Kundunduro.
Ndashimira. Ubuyobozi. Burangajwe. Na
Poul Muvunyi
Thanks Ewan nakomereze
Aho.
Murakoze yari umukunzi wanyu Ignace Bebecool w inyamirambo kumumena turikumwe.
Ubuyobozi bwa rayon budukoreye umuti kabisa!
NIBA IBYO MBONA KURI IYI SHORT VIDEO ARI UKURI TURAMBAGIJE NEZA NGAHO RERO NIMUMPANIRE AMAKIPE
ahawe ikaze kd turashimira ubuyobozi bwikipe yacu kutugerera kure hashoboka kubw’iterambere bifuriza gikundiro