Nyuma y’aho uyu munsi hari hafashwe ingamba zo gukina nta bafana bari ku kibuga, ubu hamaze gufatwa umwanzuro ko amarushanwa yose y’imikino ahagaritswe kugeza igihe kitazwi.

Nyuma yo gukina nta bafana, ubu amarushanwa yose arahagaritswe
Ni itangazo ryatanzwe na Minisiteri ya Siporo, imenyesha amashyirahamwe y’imikino yose mu Rwanda kuba ihagaritse amarushanwa, mu rwego rwo gukumira Coronavirus yamaze kugaragara mu Rwanda.

National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ubuse,uyumunsi APR FC ntago iribukine?
Kandi ko yamaze kugera irusizi?