Iyi kipe yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere, yakoze imyitozo ya nyuma kuri uyu wa Kabiri kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo, mbere yo guhura na APR Fc kuri uyu wa Gatatu.
Yari imyitozo yoroheje, nyuma y;aho bari bakoze indi kuri uyu wa mbere, gusa batangaza ko nk’ikipe ifite ubunararibonye muri Afurika, biteguye kwitwara neza muri uyu mukino ndetse bakaba banegukana iki gikombe cya CAF Champions League.
Amwe mu mafoto y’imyitozo ya nyuma ya Club Africain i Nyamirambo

Bakoraga imyitozo ubona bafite morale

Abanyezamu ba Club Africain


Rutahizamu ukomoka muri Ghana (uri imbere), ni we umaze gutsindira ibitego byinshi iyi kipe muri uyu mwaka


Babanje kunanura imitsi

Imyitozo yibanze ku guhererekanya imipira



National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|