#CHAN2020: U Rwanda na Uganda bongeye guhurira mu itsinda rimwe

Muri Tombola y’amatsinda ya CHAN yabereye muri Cameroun kuri uyu wa Mbere, u Rwanda na Uganda bisanze mu itsinda rimwe

Nyuma yo guhurira mu itsinda rimwe mu rugendo rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022, no muri CHAN aya makipe yisanze mu itsinda rimwe.

Muri iyi tombola, u Rwanda rurabarizwa mu itsinda rya gatatu, aho ruzaba ruri kumwe na Maroc ifite iki gikombe, Uganda ndetse na Togo.

Uko amatsinda ahagaze
Itsinda A: Cameroun, Mali, Burkina Faso, Zimbabwe
Itsinda B: Libya, Congo, DR Congo, Niger
Itsinda C: Maroc, Rwanda, Uganda, Togo
Itsinda D: Zambia, Guinea, Namibia, Tanzania

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka