CAF yanze ubusabe bwa FERWAFA bwo kwinjiza abafana ku mukino wa Kenya

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika “CAF” yatangaje ko ubusabe bwa FERWAFA bwo kuba bakwemererwa abafana ku mukino wa Kenya

Nyuma y’uko Minisiteri ya Siporo mu minsi ishize yari yahaye uburenganzira Ferwafa ngo ibe yakwakira abafana ku mukino uzahuza Amavubi na Kenya kuri iki Cyumweru kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.

Abafana ntibemerewe kureba umukino wa Kenya n'u Rwanda
Abafana ntibemerewe kureba umukino wa Kenya n’u Rwanda

Ferwafa ikimara guhabwa uburenganzirayandikiye CAF iyisaba kuba babemerera kwakira abafana, ariko CAF yanze ubu busabe ibamenyesha ko kubera ingamba zo icyorezo cya Coronavirus abafana batemewe muri Stade.

National Football League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka