
Bugesera FC yabonye umufatanyabikorwa mushya
Aya masezerano azamara imyaka ibiri aho buri mwaka iyi kipe izajya ihabwa Miliyoni 50 z’Amafaranga y’u Rwanda mu gihe kingana n’imyaka ibiri. Ni ukuvuga angana na Miliyoni 100 mu myaka ibiri.
Uyu mufatanyabikorwa binyuze mu ishami rye rya Cooko Inkoko Koko, azajya agaragara ku myambaro ya Bugesera FC mu mwaka w’imikino wa 2025-2026 ndetse na 2026-2027.

Umuyobozi wa Poultry East Africa Limited, Shumei Lame yavuze ko akunda akarere ka Bugesera

Umuyobozi wa Bugesera FC, Rutayisire Jackson nyuma yo gusinya amasezerano

Umuyobozi w’akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard yerekana umwambaro ikipe ya Bugesera izambara
VIDEO - Ikipe ya Bugesera FC yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Kompanyi ya Poultry East Africa Limited ifite ishami ricuruza inyama z’inkoko ya "Cooko Inkoko Koko".
Aya masezerano azamara imyaka ibiri, afite agaciro ka miliyoni 100 Frw, bivuze ko buri mwaka iyi kipe izajya… pic.twitter.com/SWzF8mBhJ3
— KT Radio (@ktradiorw) August 8, 2025
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|