Nyuma y’iminsi ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ritegereje ibaruwa ya CAF yemeza niba ruzakina umukino wa kamarampaka na Ethiopia, ubu byamaze kwemezwa na CAF ko u Rwanda na Ethiopia mu mukino wo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN.

Ethiopia izakina n’Amavubi imikino ibiri
Aya makipe yombi, byemejwe ko azakina imikino ibiri, uwa mbere ukazaba tariki 05/11/2017 muri Ethiopia, uwa kabiri ukazabera i Kigali tariki 12/11/2017, maze izatsinda ikazahita ibona itike yo kujya muri CHAN isimbuye Kenya yagombaga kwakira aya marushanwa ariko ikabyamburwa kubera ibibazo by’umutekano.

Ferwafa yemeje aya makuru ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter
National Football League
Ohereza igitekerezo
|