
Ikipe ya Rayon Sports ubu niyo iyoboye urutonde rwa Shampiona
Mu ibaruwa bandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda n’irya Mali, CAF imaze kwemeza ko ikipe ya Onze Createurs isezerewe mu marushanwa ya CAF Confederation Cup, hakaba hakomeje Rayon Sports yo mu Rwanda.
Ibaruwa yandikiwe FERWAFA na FEMAFOOT

Abakinnyi ba Onze Createurs bahisemo kuba bitemberera Kigali ....

Baribaza niba bajya mu myitozo ....

Bariyumvira umuziki, banareba abatuye Kigali ...

Babaye bizengurkira Kigali, ngo barebe ubwiza bajya babwirwa ...

Kapiteni wa Onze Createurs nawe ntabwo yumva uburyo igitego yatsinze Bakame kibaye impfabusa ...
National Football League
Ibitekerezo ( 20 )
Ohereza igitekerezo
|
Abareyo babrine gake
Mbega byiza weeee! uyu mwaka nuwacu pe! ibi byiza turimo kugeraho mbituye abafana ba A P R.baryoherwe no kuturindira urugo tuzabashimira nituva mubutumwa bwakazi.
oyeeee rayon komereza igikona gikomeze kimenyerugo
ni byiza ko rayon ikomeje ariko ntibazashyekerwe ngo bumve ko iminsi yose ihora ari kucyumweru kandi batoye bitanu ariko hari igihe bazatora ijana 100(igiceri)gusa
ikipe,oyeeee,nubundi,twarigutsinda,abanyarwanda,batemera,rayon,kwihagarariye,urwanda ,gutsinda,arishema,ryigihugu,abafana,ba,apr,bafananabi,,uyumwaka,nuwcu,turayishyigikiye,rayon,niyacu,nikomeze,irambe,imana,iyigume,inyuma,yari,gaspard,inyanza,kugasoro
Biratunejeje pe !ikipeyacu igiye mumatsinda’
mbegango abafana bagikona ngobaraseba
rayon. bikiramariya akameze akujye imbere umwambaro de ntiwandure
Igikombe ni cyagikundiro ,Gikundiro OY
eeee
reka bayitoragure rimwe nubundi amahirwe aza rimwe. Tubabajwe gusa nuko tudakinnye ngo tunikorere iyo myitozo kuko nubundi twari kuyitsinda
oooooo abantu bakunda amahugo...... erega murishima koko mwagiye mukunda ibyo mwa koreye......
mana ndagushimiye ko wumva gisaba kwabantu bawe ukaba uduhaye gukomeza ushimwe ukwiriye amashimwe kandi komeza abavandimwe twariduhanganye ubahe kwihangana ibibayeho amen