Etincelles yagiye ibona uburyo bwinshi bwo gutsinda iriko ntiyabasha kugira igitego na kimwe ibona. Aha Etincelles yabashije no kubona penariti mu gice cya mbere, ariko ntabwo yabashije kuyinjiza.
Nubwo AS Muhanga yari ku kibuga iwayo uyu mukino ntabwo watabashije kwitababirwa n’abafana benshi. Nubwo mu gice cya kabiri abantu binjiriye ubuntu ntabwo byigeze byongera nabusa abafana kuri stade.
Stade ya Muhanga ikunze kugira abafana benshi mu gihe akenshi yakiriye umukino wahuje ikipe ya Rayon Sport n’andi makipe kuko ino kipe ifite abafana benshi muri aka karere.
Gerard GITOLI Mbabazi
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|