Kuri uyu wa Gatatu ikipe ya AS Kigali ni bwo yageze muri Tunisia, ni nyuma yo kurara mu gihugu cya Turukiya ku wa Kabiri, ikaba yahise inakora imyitozo ya mbere yoroheje.
Ikipe ya AS Kigali irongera gukora imyitozo ku i Saa Cyenda z’umugoroba uyu munsi ku kibuga izakiniraho cy’ibyatsi, mu gihe ku munsi w’ejo bari bakoreye ku bwatsi bw’ubukorano.
Umuganga w’ikipe ya AS Kigali, yatangaje ko kugeza ubu abakinnyi bose bameze neza nyuma y’imyitozo bakoze, by’umwihariko n’umukinnyi Kalisa rachid wagaragazaga ikibazo muri CHAN, ubu nyuma yo kwitabwaho n’abaganga b’ikipe y’igihugu hari icyizere ko azaba ameze mu mukino wa CS Sfaxien










National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Twishimiye urugendo rwikipe yacu nk’abanyarwanda