Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda yamaze gusaba FERWAFA ko yabafasha mu gutegura irushanwa rizaba ryitwa "Ndi Umunyarwanda", rikazahuza amakipe ane ya mbere muri Shampiyona ishize ari yo Rayon Sports, Police Fc, APR Fc ndetse na AS Kigali nk’uko amakuru agera kuri Kigali Today abyemeza.

Ni igihe cya Diarra na Rugwiro cyo kongera kumvana imitsi
Iri rushanwa biteganijwe ko rizatangira kuri uyu wa gatatu, aho AS Kigali izakina na APR Fc saa cyenda n’igice, naho Rayon Sports igakina na Police Fc Saa kumi n’ebyiri kuri Stade Amahoro, izizatsinda zizakina umukino wa nyuma, n’aho izizatsindwa zikazakinira umwanya wa gatatu

Imikino ibiri iheruka yose Rayon Sports yari yayitsinzemo APR Fc
Ikipe izegukana iri rushanwa izahabwa Miliyoni 5Frws, iya kabiri Miliyoni 3Frws, n’aho iya gatatu ikabona Miliyoni 2 Frws.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
TUZASHWANYAGUZA NUMUFANA WA APR KAYONZA
NITWA JOLIE KAYONZA
TURASHWANYAGUZA AGATSIPE
SAYOGUSAKUKO POLISI F C NAYO IZAHURA NA AS KIGALI KURI UYUWAKANE
Turabishaka
Dusakaguhura
Nibyodushoborakongerguhura Ndiyadusubira
turaje twirundanyirize udukombe APR ikiri mumandazi
uwariye niwe urya nizo milion 5 turazegereza ayandi,ndavuga RAYON SPORT ikipe y’Imana.
ntabwo aruko zizahura mushake amakuru ajyezweho nuko APR vs Polic e As Kigali Vs Rayon Sport
Mwiriwe,Rayon ntabwo tuzemera ko yongera kudutsinda nabwo byatewe n’imyitwarire mibi bamwe mubakinnyi bari bagaragaje,gusa ubu ntekereza ko umutoza yamaze kubaganiriza bikosoye ntibizobgera.Thx.
Hari hakwiye amategeko asobanutse yo gutegura imikino nk’iyi!Biraboneka ko teams zihenze haba gutunga no guhemba abakinnyi ndetse no kubavuza!Inzego za leta zitinya kugira ama équipes y’imikino kubera impamvu zavuzwe haruguru,zari zikwiye kujya zishora amafranga atubutse mu gutegura imikino nk’iriya!Ntitwumve ngo uwa 1 yahembwe 2,000,000frw atanashobora kuvuza uwavunikiyemo!
Ibyaribyo byose kuri budget ya mobilisation izo noti ziratangwa nabo bajye bayakoresha kandi amarushanwa ategurwe neza hatabayeho kwiganana gusa!