Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda "FERWAFA" ryamaze kumenyesha amakipe ya Bugesera na APR FC, igihe bazakinira umukino wa shampiyona utarabereye igihe.

APR FC irasubukura imyitozo uyu munsi itegura uyu mukino
Ni umukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona wagombaga kuba ariko ntiwaba kubera umukino wa CAF Champions League APR FC yari ifitanye na US Monastir FC yo muri Tunisia.
Amakipe yombi yamenyeshejwe ko uyu mukino w’umunsi wa kabiri wa Shampiyona uzabera kuri Stade ya Bugesera ku wa Gatanu, tariki ya 07 Ukwakira guhera i Saa Cyenda z’amanywa
National Football League
Ohereza igitekerezo
|