
Chairman wa APR FC Maj General Mubarak Muganga yashikirijwe igikombe
Ni igikombe yashyikirijwe kuri iki Cyumweru tariki ya 02 Gicurasi 2021, ubwo yakiraga ikipe ya Gorilla FC mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona 2021/2021.
APR FC yatwaye igikombe cya Shampiyona nyuma y’uko abanyamuryango b’amakipe yo mu cyiciro cya mbere bahisemo kureba APR FC igatwara igikombe mu gihe amakipe ya Heroes na Gucumbi FC zamanutse mu cyiciro cya Kabiri



Kapiteni wa APR FC Manzi Thierry yashimishijwe guterura igikombe
MENYA UMWANDITSI
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ewana apr fc yubahweee gahunda niyo kubabaza amakipe yose ashoboka peee kunda cyanee apr hejuruuu
Ikibazo nuko hari abagize uruhare mu kugeza iyi kipe kuri iki gikombe ubu batakiyirimo ngo bacyishimire bityo n’imidari yabo ikaba yahawe abataragikoreye.izi ni ingaruka za covid na Ferwafa mu gutinza iyi gahunda.