Ni umukino wo kwishyura wabereye kuri Nyayo Stadium guhera I Saa Cyenda z’amanywa, aho APR Fc yari yatsinze umukino ubanza ibitego 2-1 yasabwaga kunganya gusa igahita ikomeza.
APR FC ntibyaje kuyihira nyuma yo gutsindwa ibitego 3-1, aho Gor Mahia ari yo yafunguye amazamu ku munota wa 18 ku gitego cyatsinzwe na Samuel Onyango, ni nyuma y’aho Tuyisenge Jacques yari yahushije penaliti.

APR FC yaje kwishyura iki gitego cyatsinzwe na Nsanzimfura Keddy wari winjiye mu kibuga asimbura, maze umusifuzi wa kane yerekana ko hongerwaho
Abakinnyi babanje mu kibuga
Gor Mahia: Mathews, Charles Momanyi, Philemon Otieno , Michael Apudo, Andrew Juma, Ernest Wendo, Keneth Muguna, Bernard Ondiek, Tito Okello, Benson Omalla, Samuel Onyango
APR FC: Rwabugiri Umar, Omborenga Fitina, Imanishimwe Emmanuel, Manzi Thierry, Mutsinzi Ange, Niyonzima Olivier Seif, Bukuru Christophe, Manishimwe Djabel, Ruboneka Bosco, Niyomugabo Claude, na Tuyisenge Jacques
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ariko buri kipe igira intumbero yayo. Yavuze ko izagera kure hashoboka, muzi mute se ko itahageze! Muransetsa rwose. Ruriya nirwo rwego rwayo kandi ntuzifuze umugisha wundi! Amatsinda araharanirwa mwa bagabo MWe!! Mujye mwubaha Rayon n’abayobozi batumye ibigeraho. Amatsinda kuko wagizwe uwa mbere na champions itarangiye kweli! Gusa mutuze corona izatuma usubirwamoooo
ndumufanawa APR arikorwoseyaturajenabipe. iyikipe.irakize arikomenya itabibonanimene amafaranga.izane.abanyamahanganabanyarwandababigirehosiporoyacu.irihasitugombakwirakubanditugashyirimbaragamukuzamurabanajp
Umvashya ikipeyacu ninziza ahubwo muramenye mutazakora mujijo ryingwe
Jyewe,ndabona ituma abana b’abanyarwanda badatera imbere,kuko umwiza wese ihita umujyana yagera muri APR akumva yageze kugasongero kumupira,Nyamara bamwe baba bagiye kwicara urugero:Juma,Mugunga,Yannik ,Butera.APR ntikomeye izirusha cash,no guhekwa nabasifuzi bo mu Rwanda batinya igitinyiro cya bafande.Ibyo yishoboreye nibiriya
Ndababwizukuriko ntabakinnyi babanyarwanda twagira bashobora gukora ikinyuranyo kumamipe yohanze usibyekwifatira ayahanougihu nabwobiterwa nokuba APR izirusha cash namikoromenshi nikipe yigihugu irebereho ntahoyagera igikinisha ananyarwandagusa abanyamahangabenshi ntabodukeneye arikwabaza kutwunganira kuberubushobozi baturusha ntacyobatwaye kubwange. Thanks
APR FC muyihorere iraje ibikore muri champion ba papa
AprFc ituraje nabi , ndabona gusezerera Kimenyi yves bitari ngombwa !
Uwusohotse uko ari ntabigayirwa. Nyine ni kuriya APR Ishoboye.
Ni star a domicile ni bisanzwe ntagitunguranye ariko baretse abanyamahanga bakaza bagakina bakazamura urwego rwabo banyarwanda bita beza APR FC itoranya ibona ikina na makipe badahuje ubushobozi ikumva ko ikomeye?
Niyo mu rugo pe?
Harya umutoza araza gutahana na bakinnyi cg arahita asezererwayo?
Ahubwo ndasaba ko na equipe zacu cyane cyane Rayon zikanguka zikayikosora zikayimara agasuzuguro.