Salah Ramadan uyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Syria yatangaje ko Antoine Hey bamaze kumvikana ko agomba kuyibera umutoza mu gihe cy’umwaka umwe atoza ikipe cy’igihugu ya Syria.

Antoine Hey ubu agiye gutoza igihugu cya Syria
Antoine Hey uheruka gutangaza ko yatandukanye n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi", hari hagitegerejwe ko Komite ya nyobozi ya Ferwafa iterana ikaba yasuzuma ubusabe bw’uyu mutoza bwo kwegura kwa Antoine Hey.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ubu football yo ku defanda nti ki gezweho,la meilleur defance c’est l’attaque...uriya ntabwo yari ashoboye.nibaza impamvu badaha icyizere abanyarwanda baga toza national team....bariya bazungu bari kudu subiza inyuma
mwirukanye umutoza uzi kudefanda gusa ubwose undi muzamukuraheke udefanda iminoto90yose