Wari umukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 23 kizaba umwaka utaha, aho u Rwanda na Congo zaguye miswi zikanganya ubusa ku busa.
Mu mafoto ni uku umukino wari wifashe
Ikipe y’u Rwanda yabanje mu kibuga
Ikipe ya DR Congo yabanje mu kibuga
Nshuti Innocent ukinira Stade Tunisien agerageza gucenga Tshibuabua Tresor ukina muri FC Lupopo
Manishimwe Djabel n’abakinnyi ba Congo b’ibigango
Nshuti Dominique Savio ahanganye na DieuMerci Mukoko ukinira Daring Club Motema Pembe
Abafabna b’u Rwanda bamanika amabendera
Umufana wa Congo we ni uku yahisemo gutwara ibendera
Abafana berekeza ku kibuga
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|