Wari umukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 23 kizaba umwaka utaha, aho u Rwanda na Congo zaguye miswi zikanganya ubusa ku busa.
Mu mafoto ni uku umukino wari wifashe

Ikipe y’u Rwanda yabanje mu kibuga

Ikipe ya DR Congo yabanje mu kibuga

Nshuti Innocent ukinira Stade Tunisien agerageza gucenga Tshibuabua Tresor ukina muri FC Lupopo

Manishimwe Djabel n’abakinnyi ba Congo b’ibigango

Nshuti Dominique Savio ahanganye na DieuMerci Mukoko ukinira Daring Club Motema Pembe

Abafabna b’u Rwanda bamanika amabendera

Umufana wa Congo we ni uku yahisemo gutwara ibendera

Abafana berekeza ku kibuga






National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|