Ni urugendo aba bakinnyi b’Amavubi bakoze mu gihe cy’iminota 20, nyuma baza gukora imyitozo ngororamubiri, bakaza gukora imyitozo yabo ya mbere ku i Saa Cyenda n’igice.
Iyi kipe y’u Rwanda yageze i Maputo kuri uyu wa mbere, aho yageze idafite Nsabimana Eric Zidane utarahagurukanye n’abandi, akaba biteganyijwe ko ahagera ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, gusa ikaba yarahasanze Djihad Bizimana wahise ahakomereza avuye mu Bubiligi.
Umukino w’Amavubi uteganyijwe kuri uyu wa Kane tariki 14/11/2019 kuri Zimpeto Stadium Saa kumi n’ebyiri zuzuye, aha ikaba igomba no kuhakorera imyitozo ejo ku wa Gatatu
Amafoto
















img125866|center>
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Urwanda rwacu amavubi aratsinda 1
Mozambique 0
Amavubi azabikora kbx ndabashyigikiye
amavubi2-1
amavubi azabikora kbx
nibakomerezaho kbx tubarinyuma