Amavubi yageze muri Seychelles nyuma y’urugendo rurerure

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi, ymaze kugera mu birwa bya Seychelles, aho bagomba gukina nayo kuri uyu wa Kane

Nyuma yo gukoresha amasaha asaga 24, abakinnyi 19 b’Amavubi bamae kugera muri Seychelles, aho basanze rutahizamu Tuyisenge Jacques wahageze mbere avuye muri Angola.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

iyi mikino tuzayireba kuyihe tv?

Klebu yanditse ku itariki ya: 4-09-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka