
Amavubi yinjiye mu kibuga asabwa kunganya gusa ngo yerekeze muri 1/4, gusa ntibyakunze kuko aje gutsindwa igitego habura amasegonda 40 ngo umukino urangire.
Amavubi yari yihagazeho mu minota 90 yose y’umukino, baza kongeraho iminota 4, Amavubi ntiyabasha guhirwa kuko ubwo bakinaga umunota wa nyuma w’inyongera bahise batsindwa igitego kibasezereye.
Abakinnyi babanje mu kibuga: Eric Ndayishimiye, Manzi Thierry, Usengimana Faustin, Soter Kayumba, Eric Iradukunda, Eric Rutanga, Ally Niyonzima, Djihad Bizimana, Yanjick Mukunzi, Nshuti Dominique Savio na Djabel Manishimwe.
National Football League
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
AHA BIRAKOMEYE BIHANGANE ESE BAZAGERA MURWANDA RYARI
Mubyukuri twababajwe n’ikipe yacu amavubi gusa ntako itagize
nitwa Edymo arikose tuzarengaharyari? gusabarakoze gacyegacyetuzagerayo