Muri uru rutonde rw’abakinnyi bahamagawe, harimo abakinnyi 11 b’ikipe ya APR Fc ya kabiri muri Shampiona y’u Rwanda kugeza ubu, 7 ba Rayon Sports ya mbere, 6 ba Police Fc, ndetse hakanabamo n’abakinnyi 2 ba Pepiniere ya nyuma kugeza ubu.

Abakinnyi bahamagawe
APR Fc
1. Rusheshangoga Michel
2. Imanishimwe Emmanuel
3. Rugwiro Herve
4. Usengimana Faustin
5. Nsabimana Aimable
6. Mukunzi Yannick
7. Hakizimana Muhadjili
8. Bizimana Djihad
9. Nkinzingabo Fiston
10. Sibomana Patrick
11. Nshimiyimana Amran
Rayon Sports
1. Manzi Thierry
2. Nshuti Dominique Savio
3. Niyonzima Olivier
4. Munezero Fiston
5. Manishimwe Djabel
6. Muhire Kevin
7. Ndayishimiye Eric
Police Fc
1. Mpozembizi Mohamed
2. Ngendahimana Eric
3. Mico Justin
4. Muvandimwe Jean Marie
5. Usengimana Danny
6. Nzarora Marcel
Mukura
1. Niyonzima Ally
2. Habimana Yussuf
Musanze Fc
1. Niyonkuru Ramadhan
2. Hakizimana Francois
Bugesera Fc
1. Rucogoza Aimable
2. Iradukunda Bertrand
3. Nzabanita David
4. Kwizera Olivier
AS Kigali
1. Ndahinduka Michel
2. Kayumba Sother
3. Bishira Latif
4. Murengezi Rodrigue
5. Mubumbyi Bernabe
6. Iradukunda Eric
Pepiniere Fc
1. Mugisha Gilbert
2. Nsabimana Jean de Dieu
Espoir Fc
1. Mbogo Ally
Aba bakinnyi bahamagawe bazitabira imyitozo yo kongera ingufu izaba mu cyumweru gitaha tariki 3 kugera ku ya 4 Gicurasi 2017, tariki 25 Gicurasi abatarabashije gutsinda igeragezwa rya mbere bazongera andi mahirwe, nyuma tariki 26 Gicurasi 2017 hahite hatangazwa abakinnyi 23 bazatangira umwiherero wo kwitabira imikino mpuzamahanga.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Rwatubyaye agomba kuboneka
Nukuri kuburamo mutsinzi ange ntago rwoc byatunejeje kuko performance ye iravuga ubuse Faustina usimbura hagati ya herve na aimable ahembewe kuba yicara kugatebe bikosorwe pee! Naho ubundi still frash disk
nihakorwe ubuhanga maze turebe abo basore ko hari ibyo batugezaho
Ubuse ko Umukinnyi MUTSINZI Ange watowe muri bane bitwaye neza muri uku kwezi ni guye yabura muri 42 bahamagawe n"umutoza? Twizere ko habayeho kwibeshya kuri liste.
Alias
nta musaruro mbona ku mavubi
nubundi umusaruro ni wawundi kuko u rwanda umupira waratunaniye kd bizarangira hasigayemo ba bakinyi bo muri apr na rayon gusa ibindi n ukujijisha,gusa amahirwe meza ku gihugu cyanjye
Ariko se mubyukuri Faustin utakibona numwanya wo gukina ukina aruko abandi bagize ikiba umuhamagara ute ugasiga umukinnyi nka MUTSINZI Ange Jimmy, cg nigute usiga umukinnyi nka SERUMOGO Ally wa SUNRISE konubundi atari final listi kuki we atahabwa amahirwe
Ariko kweliumutoza uhamagara faustin ufite abakinnyi bakina nka mutsinzi ange aho harimo ka flash yacometse kandi abadefanseri aho harimo umwaya wa rwatubyaye bitonde naba fit azabakuzaho.