Nyuma yo kugera i Sousse muri Tunisia ku wa kabiri nimugoroba, abakinnyi 23 bayobowe n’umutoza Antoine Hey bakomeje imyitozo bakora kabiri ku munsi, aho kuri uyu wa Gatandatu bazakina umukino wa mbere wa gicuti.
AMavubi biteganijwe ko ku wa Gatandatu bazakina na Sudani, ku Cyumweru bagakina Namibia, bakazasoza imikino ya gicuti ku wa Gatatu bakina na Tunisia, bakazahita berekeza muri Maroc ku wa kane tariki 11/01/2018 mu mujyi wa Tangier
Aya ni amwe mu mafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa Gatatu

















National Football League
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Tubashimiye uburyo mudahwema kutugezaho amakuru ashyushye
AMAVUBI NIYEREKANE KO IMANA YIRIRWA AHANDI IGATAHA I RWANDA
Tubashimiye uburyo mudahwema kutugezaho amakuru ashyushye
AMAVUBI NIYEREKANE KO IMANA YIRIRWA AHANDI IGATAHA I RWANDA
amavubi ndabona yiteguye neza cyane ntamvune nimwe irino reka turebe imikino yagishuti tumenye aho tugomba gukomeza