Kuri uyu wa Gatatu ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Rwinkwavu harabera umukino uhuza Akagera Fc n’Amagaju, ukabera ku kibuga bigaragara ku maso ko gishobora gutera ibibazo abakinnyi b’amakipe yombi bagikiniraho.
Amafoto
Ikibuga cyibasiwe n’imiswa
Amatungo magufi yiganjemo ihene mbere y’umukino niyo abanza mu kibuga
Iri sayo riri mu kibuga, naho abakinnyi barajya bahanyura
Abakinnyi b’Amagaju babanje gutambagira ikibuga
Uje ku igare cyangwa uriteze aho kumugeza ku kibuga rimugeza mu kibuga
Ahagenewe kwicara abafana huzuye amahurunguru ..
Mbere y’umukino, abatoza aha niho bicaye ...
Ibyatsi byaratoshye
Muri tribune y’icyubahiro
Umunyezamu araba ahanganye n’umupira n’ubunyereri
Imbere y’izamu naho hari isayo
Ikibuga ni nyabagendwa, abagenzi baritambukira nta nkomyi
National Football League
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ibi byose birabazwa NDE?
Iki ni ikibuga cg. ni mu ibuga ry’inka? Mbabariye abakinnyi bazavunikiramo rwose!Njye ndi umutoza sinakwemera gushora abakinnyi banjye hariya hantu. Kwihesha agaciro birakenewe please!
reyon sport tubarinyuma kandi tuzabikora kuwagatandatu good luck
Abakinnyi bacu (Amagaju FC) birinde kuvunika icyo kibuga rwose ni ikibazo .Ariko ntibibe n’impamvu yo kudatsinda kuko bose baragikiniramo.Gusa aho kuvunikisha abakinnyi twanganya cyangwa tugatsindwa nka kimwe
Gatore rwose! Kimwe ni atatu kaba kabaye!