Kuri uyu wa Gatatu ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Rwinkwavu harabera umukino uhuza Akagera Fc n’Amagaju, ukabera ku kibuga bigaragara ku maso ko gishobora gutera ibibazo abakinnyi b’amakipe yombi bagikiniraho.
Amafoto

Ikibuga cyibasiwe n’imiswa

Amatungo magufi yiganjemo ihene mbere y’umukino niyo abanza mu kibuga


Iri sayo riri mu kibuga, naho abakinnyi barajya bahanyura

Abakinnyi b’Amagaju babanje gutambagira ikibuga



Uje ku igare cyangwa uriteze aho kumugeza ku kibuga rimugeza mu kibuga

Ahagenewe kwicara abafana huzuye amahurunguru ..

Mbere y’umukino, abatoza aha niho bicaye ...

Ibyatsi byaratoshye

Muri tribune y’icyubahiro

Umunyezamu araba ahanganye n’umupira n’ubunyereri

Imbere y’izamu naho hari isayo

Ikibuga ni nyabagendwa, abagenzi baritambukira nta nkomyi
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ibi byose birabazwa NDE?
Iki ni ikibuga cg. ni mu ibuga ry’inka? Mbabariye abakinnyi bazavunikiramo rwose!Njye ndi umutoza sinakwemera gushora abakinnyi banjye hariya hantu. Kwihesha agaciro birakenewe please!
reyon sport tubarinyuma kandi tuzabikora kuwagatandatu good luck
Abakinnyi bacu (Amagaju FC) birinde kuvunika icyo kibuga rwose ni ikibazo .Ariko ntibibe n’impamvu yo kudatsinda kuko bose baragikiniramo.Gusa aho kuvunikisha abakinnyi twanganya cyangwa tugatsindwa nka kimwe
Gatore rwose! Kimwe ni atatu kaba kabaye!