Amafoto: Uko abafana barimo Ndimbati baserutse ku mukino wa Kiyovu na Rayon Sports
Yanditswe na
Sammy Imanishimwe
Mu mukino umaze imyaka myinshi urangwa no guhangana mu kibuga ndetse no hanze mu bafana, Rayon Sports yatsinze Kiyovu igitego 1-0
Wari umukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona, aho abafana ku mpande zombi bari babukereye, ndetse n’abandi bakunzi b’umupira w’amaguru baza kwihera ijisho uyu mukino.
Ni umukino warangiye abafana ba Kiyovu batishimye nyuma yo gutsindwa igitego ku munota wa nyuma w’umukino, kuri Coup-Franc yatsinzwe na Eric Rutanga ku munota wa 95 w’umukino.
Mu mafoto, ni uko abafana bari bameze kuri uyu mukino