Wari umukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona, aho abafana ku mpande zombi bari babukereye, ndetse n’abandi bakunzi b’umupira w’amaguru baza kwihera ijisho uyu mukino.
Ni umukino warangiye abafana ba Kiyovu batishimye nyuma yo gutsindwa igitego ku munota wa nyuma w’umukino, kuri Coup-Franc yatsinzwe na Eric Rutanga ku munota wa 95 w’umukino.
Mu mafoto, ni uko abafana bari bameze kuri uyu mukino

Uwihoreye Jean Bosco Mustafa uzwi nka Ndimbati muri Papa Sava na we afana Rayon Sports, aha yishimiraga intsinzi na Nkundamatch w’i Kirinda

Iyo igitego cyabuze, buri wese aba ahugiye mu bye

Umuhanzi Khalfan ufana Rayon Sports nawe yari yaje kuri uyu mukino, gusa uko umupira warengaga ntibyamubuzaga kureba ........

Ndimbati ubwo amakipe yari ari mu karuhuko, yasomaga ubutumwa butandukanye

Wari n’umwanya w’ibyishimo









Abafana ba Kiyovu mu ibara ry’icyatsi kibisi ribaranga bari babukereye



Haba hari imyambarire idasanzwe ku bafana




Aba babyeyi nabo bafana Kiyovu, bari babukereye baje gushyigikira ikipe yabo




Bahanze amaso umukino



Ingeri zose ziba zaje kwirebera umukino













Amafoto: Nyirishema Fiston
National Football League
Ohereza igitekerezo
|