Algeria yafunguye amazamu ku munota wa 10 w’igice cya mbere gitsinzwe na Farouk Chafai.
Igitego cya kabiri cya Algeria cyatsinzwe ku munota wa 22’ na Mohamed Lamine
Ku munota wa 29, Algeria yaje gutsinda igitego cyatsinzwe na Farouk Chafai, ari nawe wari watsinze icya mbere
Mu gice cya kabiri cy’umukino Antoine Hey yakoze impinduka enye, aho Savio Nshuti yasimbuye Mico Justin, Faustin Usengimana fmasimbura Manzi Thierry, Ally Niyonzima asimbura Amran Nshimiyimana, naho Omborenga Fitina asimbura Eric Iradukunda.
Ku munota wa 79, Amavubi yaje kubona igitego kimwe cy’Amavubi cyatsinzwe na Mubumbyi Bernabé, umukino uri hafi kurangira ku munota wa 87, El Habib yaje gutsindira Algeria igitego cya kane, umukino ari ibitego 4-1.


Abakinnyi babanjemo
Eric Ndayishimiye, Iradukunda Eric, Rutanga Eric, Kayumba Soter, Manzi Thierry, Rugwiro Herve, Mukunzi Yannick, Bizimana Djihad, Nshmiyimana Amran, Mico Justin na Biramahire Abeddy
National Football League
Ibitekerezo ( 12 )
Ohereza igitekerezo
|
Ntabwo nishimiye ko amavubi yatsinzwe gusa ni isomo ryiza kuko bazajya mu irushwanwa nyirizina bazi ko bagiye gukosora amakosa yose yatwumye batswindwa imikino yabanje , kurusha kujyayo bazi neza ko zasatsinda kuko byatuma biha ikizere kirenze bagatsindwa nubundi. courage basore ,ntirirarenga.
Muzifuza MC wari umaze gukora équipe mukamwirukanira ubusa
Muzifuza MC wari umaze gukora équipe mukamwirukanira ubusa
Muzifuza MC wari umaze gukora équipe mukamwirukanira ubusa
Muzifuza MC wari umaze gukora équipe mukamwirukanira ubusa
Muzifuza MC wari umaze gukora équipe mukamwirukanira ubusa
bishoboka bakurayo abakinyi bose bagasimburwa na ISONGA fc,kd birakwiye ko abareberera football bagerageze bategure guahera hasi,igihugu urwanda n’izina rikomeye kuruhando mpazamahanga,ark mumupira wamaguru byaranze,nigute wagira equipe 1 uvuga ngo wita iyambere ?! byatuma hatabaho competition bakirara kuko arabambere, nashyiremo experience maze barebe uko umupira ukinwa,nigute ucyira muhadjili hanze cg dominique savio ,omberenga,nibongere guhamagara bazahamare na wamwana watsindiye isonga muri cote d’ivoir,basi aturangirize akazi kd ababishinzwe bamwiteho azavamo umwataka,
Mubyukuri amavubi Ara KO me ye ,umutoza hoping abakinnyi byaramunaniye
Amavubi arambabaza.
Agahinda Amavubi adutera twese Abanyarwanda tuzagakizwa n’umuhungu wange Patton ndimo gukora ibishoboka byose ngo azadutahire izamu mu gihe cye.
amavubi akosore rwose ibitameze neza
amavubi narebe ibyo yakosora
muriyo mikino ya Gicuti
mwiriwe, sasa igihe kirageze NGO umutoza yumve ninama, igihe adahaye Muhadjiri umwanya akareka amaranga mutima ye, ntacyo azageraho