
Kapiteni wa Rayon Sports Rugwiro Hervé, Umunyezamu wayo Kwizera Olivier na rutahizamu Sugira Ernest ni bo bakinnyi batatu bahamagawe mu myiteguro ya CHAN.
Ikipe ya APR FC ni yo ifite abakinnyi benshi mu ikipe yahamagawe aho ifite abakinnyi icumi. Abo ni: Umunyezamu Rwabugiri Ndayisenga Omar, ba myugariro Manzi Thierry ,Mutsinzi Ange, Fitina Ombolenga ,Imanishimwe Emmanuel ,abakina hagati ni : Niyonzima Olivier, Manishimwe Djabel na ba rutahizamu Byiringiro Lague, Usengimana Danny na Tuyisenge Jacques.
As Kigali ifitemo abakinnyi batandatu ari bo : Ndayishimiye Eric, Bayisenge Emery, Rusheshangoga Michel, Nsabimana Eric, Kalisa Rashid na Hakizimana Muhadjiri.
Police FC ifitemo abakinnyi batarindwi ari bo : Nsabimana Aimable, Usengimana Faustin,Twizerimana Martin Fabrice, Nshuti Dominique Savio, Iyabivuze Osée na Mico Justin.
Kiyovu Sports ifitemo abakinnyi batatu ari bo Kimenyi Yves, Serumogo Ally na Ngendahimana Eric.
Musanze FC ifitemo umukinnyi umwe ari we Twizerimana Onesme, na Gasogi United ikagiramo umukinnyi umwe ari we Iradukunda Jean Bertrand.
U Rwanda ruri mu itsinda rya Gatatu ririmo amakipe ya Uganda, Morocco na Togo. U Rwanda rukazakina umukino warwo wa mbere rukina na Uganda.
National Football League
Inkuru zijyanye na: CHAN2020
- Bamwe mu bakinnyi bigaragaje muri CHAN batangiye kubona amakipe hanze
- #CHAN2020: Hagati ya Morocco na Mali haravamo itwara igikombe
- Twabyemeye, ntitwajya kurega VAR-Mashami avuga ku ikarita y’umutuku no gusezererwa
- #CHAN2020: Amavubi asezerewe na Guinea mu mukino wabonetsemo amakarita abiri y’umutuku (AMAFOTO)
- Abashobora kubanzamo n’ibyo wamenya mbere y’umukino w’u Rwanda na Guinea
- #CHAN2020: Mali na Cameroon zageze muri 1/2
- Ni igihugu cy’umupira gifite amakipe ahora muri Champions League ariko tugiye kubitegura-Mashami avuga kuri Guinea
- #CHAN2020: Amavubi yamenye ikipe bazahura muri 1/4
- #CHAN2020: Sugira Ernest yijeje Abanyarwanda kugera ku mukino wa nyuma
- Abayobozi n’abandi batandukanye bashimye Amavubi yahesheje u Rwanda ishema
- #CHAN2020: Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO
- Ku mukino wa Uganda twikanze baringa, twari gutsinda - Umutoza Sogonya Kishi
- Iradukunda Bertrand wavunikiye mu myitozo ntagikinnye umukino wa Togo (AMAFOTO)
- #CHAN2020: Congo zombi zakatishije itike ya 1/4
- Amavubi arakomeza cyangwa arasezererwa? Ibyo wamenya ku mukino uhuza Togo n’u Rwanda
- #CHAN2020: Amakipe ya Cameroon na Mali abaye aya mbere akatishije itike ya 1/4
- Amavubi anganyije na Maroc, amahirwe ategerejwe kuri Togo
- Ibyo wamenya mbere y’umukino uhuza Amavubi na Maroc, biteguye gusiba amateka ya 2016
- Ibitego byaje - Sugira nyuma yo kugaruka mu bazakina na Maroc
- Mashami yanyuzwe n’umukino wa mbere, avuga ko hari icyizere mu mikino isigaye
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Mrc RA¥ONSPORT
Ariko muba mugirango inkuru zanyu zivugwe,ubu c uwo mutwe w’inkuru yawe uravuga ngwiki? washyizeho abafite abakinnyi barenga 10