Nyuma yo gushinga ishyirahamwe rihuriza hamwe abahoze bakinira ikipe y’igihugu Amavubi (abagabo n’abagore), abagize iri shyirahamwe (FAPA= Former Amavubi Players’ Association) bandikiye ibaruwa Ministeri ya Siporo bayigezaho bimwe mu byifuzo byabo.

Abakiniye Amavubi bandikiye Minisiteri ya Siporo bayereka ibyifuzo byabo
Bimwe mu byo bifuza, ni uko inzego zirebwa n’iterambere ry’umupira w’amaguru zategura uburyo bw’ibiganiro bugamije kwiga iterambere ry’umupira w’amaguru, banasaba ko banahabwa umwanya mu gushyira mu bikorwa iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Ibaruwa irambuye “FAPA” yandikiye Minisiteri ya Siporo




Jimmy Gatete ari mu bashyize umukono kuri iyi baruwa

Nyakwigendera Ndikumana Hamad Katauti, Munyaneza Ashiraf Kadubiri, Karekezi Olivier na Eric Nshimiyimana ubwo bari muri Studios za KT Radio muri 2016
National Football League
Ohereza igitekerezo
|