Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo yo kwitegura umukino ugomba kuyihuza na Onze Createurs yo muri Mali kuri uyu wa Gatandatu n’ubwo FIFA yamaze guhagarika amakipe yose yo muri Mali
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ryahagaritse ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Mali mu marushanwa yose mpuzamahanga
Ikipe ya Onze Createurs yo muri Mali yamaze kugera I Kigali aho ije gukina na Rayon Sports mu mukino wo kwishyura mu rwego rw’amakipe yatwaye ibikombe iwayo(Caf Confederation Cup).
Issa Hayatou wari umaze imyaka 29 ayobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika asimbuwe na Ahmed Ahmed wo muri Madagascar.
Imwe mu mikino ya Shampiona y’umunsi wa 21 yagombaga kuba kuri uyu wa Gatandatu, yimuwe n’umukino uzahuza Rayon Sports na Onze Créateurs yo muri Mali.
Ku munsi wa 14 wa Shampiyona y’icyiciro cya kabiri ikipe ya Rwamagana City yatsinzwe n’ikipe ya Aspor 1-0 maze amakipe yombi avuga ko yasifuriwe nabi.
Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne atangaza ko irushanwa ryo mu mashuri abanza n’ayisumbuye “Amashuri Kagame Cup” rizafasha ababyiruka kwimakaza umuco wo gukunda igihugu.
Umutoza wa Rayon Sporta aratangaza yo ari kwitegura n’abakinnyi be uburyo bazashakira itike i Bamako aho kuyitegereza i Kigali mu mukino wo kwishyura
Umutoza w’ikipe ya APR Fc Mulisa Jimmy aratangaza ko ikipe ya Kirehe bazakina ku wa gatandatu tariki ya 11 werurwe 2017 ayubaha ariko ngo bifuza kuzayitsindira iwayo n’ubwo hari abakinnyi abura.
Ku i saa cyenda n’iminota 40 z’i Kigali ni bwo ikipe ya Rayon Sports yari igeze ku kibuga cy’indege cya Bamako, aho yakiranwe urukundo rudasanzwe n’Ishyirahamwe ry’Abanyarwanda batuye muri iki gihugu.
Ikipe ya Rayon Sports yerekeje muri Mali mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, nyuma yo gukorera imyitozo ya nyuma kuri Stade Amahoro
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 7 werurwe 2017 nibwo hatangizwa imikino y’ijonjora ry’ibanze ryo guhatanira igikombe cy’amahoro(Rwanda Peace Cup 2017).
Umutoza mushya wa Sunrise FC arishimira uburyo yakiriwe kuko yeretswe urukundo ndetse anabizeza kuzaza mu makipe 8 ya mbere.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Marines ibitego 2-1, ihita ishyiramo ikinyuranyo cy’amanota ane ku ikipe ya APR Fc bakomeje guhanganira igikombe cya Shampiona
Umukino wo ku munsi wa 19 wa shampiyona wahuje ikipe ya Kiyovu na Mukura kuri stade ya Kigali i Nyamirambo, warangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1.
Nyuma y’uko APR itsinzwe ku wa 1 Werurwe 2017 na Gicumbi yongeye gutakaza amanota inganya na Musanze 1-1.
Nyuma y’iminsi hakozwe ikizamini cy’akazi ko gutoza Amavubi, Antoine Hey ni we wemejwe ko yatsinze ikizamini
Chid Ibe Andrew umunya-Nigeria watozaga Sunrise FC, yasezerewe ashinjwa icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano.
Ikipe ya Gicumbi Fc itunguye APR iyitsinda 1-0, Rayon Sports yihimura kuri ESPOIR inasubirana umwanya wa mbere
Umukino w’ikirarane wagombaga guhuza APR Fc na Gicumbi Fc kuri Stade ya Kigali wimuriwe ku wa Gatatu, ukazabera Kicukiro
Kuri uyu wa mbere Tariki 27 Gashyantare 2017, harakorwa ikizami cya nyuma ku batoza batatu bashakwamo uzatoza Amavubi, nyuma hakazahita hatangazwa uwatsinze
Kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi wa FIFA Gianni Infantino yageze mu Rwanda ashyira ibuye ry’ifatizo ahubakwa Hotel ya FERWAFA
Mu mukino wa shampiyona w’ikirarane wahuzaga ikipe ya Police FC na Rayon Sports urangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2.
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, Gianni Infantino aragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, ashyire ibuye ry’ifatizo ahubkwa Hotel ya Ferwafa.
Ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza ko ibyangombwa byemerera Rwatubyaye Abdul kuyikinira byabonetse.
Ubuyobozi bw’ikipe ya Sunrise buratangaza ko bwahaye Cassa Mbungo Andre akazi ko gutoza iyo kipe by’agateganyo.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’iryo mu Budage DFB byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu kunoza ubuyobozi, gushyigikira no guteza imbere umupira w’amaguru.
Umukino wahuzaga ikipe ya APR FC n’iya Amagaju, waberaga i Nyamagabe urangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa(0-0).
Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera, buratangaza ko bwababajwe n’umukinnyi wayo Ruhinda Sentongo Farouk wataye akazi, bukaba buteganya kumuhana bwihanukiriye.
Ikipe ya Rayon Sport yongeye gutsinda ikipe ya Wau Salaam yo muri Sudani y’Epfo ibitego 2-0, mu marushanwa y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo Caf Confederation Cup.