Umuryango w’umunyezamu w’ikipe ya Mukura Victory Sports, Bikorimana Gerard, uri mu kababaro ko kubura umubyeyi wabo witwa Dusabimana Lucie witabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane tariki 28 Gicurasi 2020.
Kapiteni wa Rayon Sports Eric Rutanga wari uyimazemo imyaka itatu, yamaze kuva muri iyi kipe yerekeza muri Police FC.
Umwe mu myanzuro yavuye mu nama yahuje ihuriro ry’amatsinda y’abafana ba Rayon Sports (Fan base) yabaye ku wa gatatu tariki ya 27 Gicurasi 2020, hifashishijwe ikoranabuhanga mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid 19, uvga ko batakarije icyizere Komite ya Rayon Sports iyobowe na Sadate Munyakazi.
Uwari Umunyamabanga Mukuru w’ikipe ya Rayon Sports Abraham Kelly yamaze kwandika ibaruwa avuga ko yeguye ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’iyi kipe
Myugariro wa Police FC Ndayishimiye Célestin ashobora kubisikana na myugariro wa Musanze FC Muhoza Tresor wifuzwa cyane na Police FC.
Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gutakaza umunyezamu wayo wa mbere Kimenyi Yves yumvikanye na Kwizera Olivier wakiniraga Gasogi United.
Inkuru yo gusinya k’uwari umunyezamu wa Rayon Sports Kimenyi Yves werekeje muri Kiyovu Sports yaraye imenyekanye mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki ya 26 Gicurasi 2020 ariko ntihagaragara amafoto asinyira iyi kipe yambara icyatsi n’umweru.
Ikipe ya Musanze FC imaze gutangaza Seninga Innocent nk’umutoza mukuru wayo, akaba ayigarutsemo nyuma y’imyaka ibiri yari ishize batandukanye.
Amakipe arimo Amagaju FC, Alpha FC na Interforce ari mu yungukiye mu kugira ibyangombwa biyemerera gukina amarushanwa ategurwa na FERWAFA (Club Lisencing) aho yemerewe gukina imikino ya 1/4 mu cyiciro cya kabiri.
Umukinnyi ukina hagati mu kibuga Twizerimana Martin Fabrice amaze gusinyira Police FC amasezerano y’imyaka ibiri.
Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Munyakazi Sadate yandikiye Perezida wa Republika y’u Rwanda amusaba ubufasha mu gukemura ibibazo biri mu ikipe ya Rayon Sports.
Umuyobozi wa Gasogi United Kakoza Nkuriza Charles yatangaje ko iyi kipe mu myaka itazajya ikodesha kuko igiye kwiyubakira iyayo.
Kapiteni wungirije muri Rayon Sports Irambona Eric ateye umugongo ikipe yamureze Rayon Sports yerekeza muri mukeba w’igihe kirekire ari we Kiyovu Sports.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi 2020 ryatangaje ko ryafashe umwanzuro wo guha APR FC igikombe cya Shampiyona, ritangaza kandi ko amakipe ya Gicumbi FC na Heroes amanuka mu cyiciro cya kabiri.
Amakipe ya Gicumbi na Heroes nyuma yo kumenyeshwa ko zisubiye mu cyiciro cya kabiri, ziratangaza ko zitanyuzwe n’imyanzuro yafashwe na Ferwafa
Nyuma y’umwaka asinyiye ikipe ya AS Kigali ariko akaba nta mukino n’umwe yigeze ayikinira,Umurundi Kwizera Pierrot yiteguye kugaruka muri AS Kigali nyuma yo gukira imvune yari afite.
Komite nyobozi ya Ferwafa imaze gufata umwanzuro ko ikipe ya APR FC ari yo yegukanye igikombe cya shampiyona cy’umwaka w’imikino 2019/2020
Rutahizamu ukomoka i Burundi Shabban Hussein uzwi ku izina rya Tchabalala, yamaze kwerekeza mu ikipe ya AS Kigali aho yayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri
Perezida wa Rayon Sports Munyakazi Sadate yandikiye urwego rw’igihugu rw’imiyoborere RGB arugaragariza ibibazo bimaze iminsi bivugwa mu ikipe ya Rayon Sports
Myugariro Rusheshangoga Michel wari umaze umwaka umwe muri AS Kigali, yongereye amasezerano yo gukinira iyi kipe undi mwaka
Si aka kanya bitangiye cyangwa mu mwaka umwe cyangwa ibiri ishize ahubwo ni ibintu bimaze imyaka myinshi mu Rwanda. Kera amakipe amwe n’amwe yitwazaga ko nta biro agira andi ko nta mikoro agira ariko uyu munsi bigaragara ko amafaranga ahari kuko ikipe igura abakinnyi ba Miliyoni zirenze icumi ku myaka ibiri ntiyabura (…)
Amakipe menshi muri shampiyona zikomeye i Burayi yamaze gusubukura imyitozo, aho bamwe mu bakinnyi bagarutse mu masura badasanzwe bamenyereweho.
Mu kiganiro Kwizera Olivier, umuzamu wa Gasogi United n’ikipe y’igihugu Amavubi yagiranye na KT Radio, yagarutse ku bintu bitandukanye birimo kuba yahindura ikipe akajya muri AS Vita Club , intego yumva ateganya kugeraho, n’icyamubabaje mu gihe amaze akina umupira w’amaguru.
Umunyezamu Mumaud Mossi uri mu bafashije Amavubi gukina igikombe cya Afurika, aratangaza ko abayeho nabi ndetse yifuza ubufasha bwatuma agaruka mu Rwanda
Rutahizamu wakiniraga Sunrise Samson Babuwa yamaze kwerekeza mu ikipe ya Kiyovu Sports aho yayisinyiye amasezerano y’umwaka umwe
Nyuma yo guhagarara kwa shampiyona ya Uganda kubera icyorezo cya Coronavirus, ikipe ya VIPERS byemejwe ko ari yo igomba kwegukana igikombe cya shampiyona
Myugariro w’ikipe ya Mukura Rugirayabo Hassan, yamaze kwerekeza mu ikipe ya AS Kigali aho yayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri.
Umutoza Abdu Mbarushimana wari umaze iminsi ari umutoza w’ikipe ya Muhanga, yamaze kwerekeza mu ikipe ya Bugesera aho agomba gusinya imyaka ibiri.
Rutahizamu usanzwe akinira ikipe ya Mukura VS Iradukunda Bertrand yamaze gusinyira ikipe ya Gasogi United amasezerano y’imyaka ibiri
Ikinyamakuru Mwanaspoti cyo muri Tanzania cyanditse ko aya makipe yombi akomeye muri Tanzania yifuza uyu munya-Ghana uherutse kwirukanwa muri Rayon Sports ‘azira gutuka’ uwari umuyobozi wayo Sadate Munyakazi.