
Valens Ndayisenga (ibumoso) na Claude Uwizeye babonye ikipe nshya
Ndayisenga abonye ikipe nyuma y’iminsi yari amaze nta kipe afite nyuma yo gutandukana na Tirol yo muri Autriche. Ubu we na mugenzi we Uwizeye bari bamaze iminsi bakoraba imyitozo muri Les Amis Sportifs, bamaze kubona ikipe yabigize umwuga yitwa Pays Olonne Cycliste Côte de Lumière
Iyi kipe ya Pays Olonne Cycliste Côte de Lumière ifite ibyiciro bitandukanye birimo abakuru n’abato, ikaba ifite n’ishuri ryigisha umukino w’amagare.
Ndayisenga yakiniye ikipe ya Les Amis Sportifs y’i Rwamagana, Dimension Data yo muri Afurika y’Epfo na Tirol yo muri Autriche. Uwizeye we yakiniye Les Amis Sportifs y’i Rwamagana gusa.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|