
Nyuma yo kuba bakorera ibitangazamakuru bitandukanye, intego yari imwe yo kugeza amakuru ya Tour du Rwanda ku bantu bose
Ni isiganwa mpuzamhanga ryitabirwa n’ibihangange, by’umwihariko Tour du Rwanda 2023 yitabiriwe n’umunyabigwi Chris Froome wegukanye Tour de France inshuro enye, aha byatumye umubare w’abakurikira iri siganwa wikuba inshuro nyinshi.
Kugira ngo amakuru agere kuri buri wese wifuza kuyamenya, itangazamakuru riza ku isonga yaba iryo mu Rwanda ndetse n’itangazamakuru mpuzamahanga. Hari benshi baba bifuza kumenya abanyamakuru babagezagaho amakuru umunota ku wundi.

Uwafataga amashusho yatambutswaga kuri Televiziyo Rwanda

Acungira hafi ko abasiganwa bagera aho isiganwa risorezwa ngo afate amashusho


Banyuzagamo bagafata amafoto mu gihe bategereje abasiganwa ko bagera hafi..

MC David Bayingana umaze igihe kinini ayobora ibirori by’umukino w’amagare

Mugisha Dua ufatira amashusho ikinyamakuru IGIHE

Jado Dukuze wa FINE FM

Eric Muhire wafataga amashusho y’ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo TV5

Jean Claude Hitimana, Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa Radio 10

Ishimwe Israel wa Igihe

Jean Claude Kanyamahanga "Kanyizo" na Mihigo Saddam wa BTN

MC Buryohe, yari umwe mu bashyushyarugamba

Moses Niyonzima wa Kigali Today (uhagaze) na Renzaho Christophe wa Rwanda Magazine (wicaye)

Ngabo Roben wa Radio & TV One

Renzaho Christophe wa Rwanda Magazine

Mihigo Saddam na Mugenzi we ufata amashusho kuri BTN

Nyirabahire Safynat ufata amashusho ya Flash TV

Yvonne Iradukunda Karugenge wa B&B

Claire Mutoni wa Power FM

Ephrem Kayiranga wa Radio Flash


Fabrice wa RBA ufata amashusho yo mu kirere hifashishijwe Drone

Sammy Imanishimwe wa Kigali Today na KT Radio


Jean Claude Hitimana na Kanyizo

Ishimwe Olivier uzwi nka Demba Ba ukorera Inyarwanda

Jimmy Adnan wafataga amashusho ya TV 10


Niyonzima Moise, ufata amafoto ya Kigali Today ari nawe wafashe aya mafoto yose


Paul Mugabe wa Radio & TV 10, unakoresha imbuga nkoranyambaga zayo

Rabbin Imani Isaac wa isango Star


Rigoga Ruth wa RBA


Kayishema Tity Thierry wa RBA, ari nawe ushinzwe itangazamakuru muri FERWACY

Jean Claude Hitimana (Radio 10), Jean Claude Kwizigira (Radio Rwanda), Ephrem Kayiranga (Flash FM) na Sammy Imanishimwe (Kigali Today)


Bayoboraga ibirori by’aho isiganwa risorezwa, bakugezaho umunota ku wundi uko isiganwa rihagaze, ni MC Brian Natete, MC Augustin Bigirimana na MC David Bayingana

Nyuma yo kuba bakorera ibitangazamakuru bitandukanye, intego yari imwe yo kugeza amakuru ya Tour du Rwanda ku bantu bose

Nyuma yo gusoza akazi k’iminsi umunani, ni uku byari bimeze
Ohereza igitekerezo
|