Ku mwanya wa mbere haje Areruya Joseph (Amis Sportifs), ku mwanya wa kabiri haje Twizerane Mathieu (Amis Sportifs)



Areruya Joseph ubu ni we uyoboye mu gihe babura iminota 15 ngo bagere Huye, ninawe ukiri guhabwa amahirwe yo gutsnda.

12h 40: Abasiganwa barenze mu mujyi wa Nyamagabe bageze mu gasantere ka
karambi, Twizerane Mathieu na Arerua Joseph nibo bari imbere.

Twizerane niwe watsindiye igihembo cyo kugera i Nyamagabe mbere
12h15: Abakinnyi bambere bageze ku nkambi ya Kigeme
11h45 :abakinnyi barabura iminota itarenze 10 ngo basohoke muri Nyungwe. Twizerane Mathieu niwe uri imbere, yasize abandi ho iminota itatu.


Usibye kuza guhemba abagera i Huye mbere, hashyizweho n’igihembo cy’ibihumbi 50Frw ku mukinnyi utanga abandi kugera mu mujyi wa Nyamagabe hagati ya Golden Monkey Hotel na Cogebanque.




Ohereza igitekerezo
|
mu by’ukuri umuntu watekereje kuzana tour du Rwanda I Rusizi ni intwari kuko urevye uburyo abantu ejo bari baryohewe ntibyari bisanzwe