
Areruya Joseph aje ku mwanya wa Kabiri mu bakinnyi b’Amagare beza muri Afrika
Iki gihembo agihawe nyuma yo kwegukana Tour du Rwanda 2017, akanegukana agace muri Giro d’Italia y’abakiri bato.
Areruya Joseph ukinira Dimension Data yatowe nk’umukinnyi wa kabiri muri Afurika, gushyirwa kuri uyu mwanya bikaba bifatwa nk’igihembo cy’icyubahiro ahawe, muri uyu mwaka wa 2017.


Ohereza igitekerezo
|
Abakinnyi bacu bamagare barusha agaciro abumupira wamaguru muri afrique