
Areruya na Mugisha (bari ibumoso) basinye amasezerano y’undi mwaka
Abo bakinnyi uko ari babiri bari bamaze umwaka bakinira iyo kipe, ariko amasezerano yabo yari yararangiye mu kwezi gushize, bakaba basinye amasezerano y’umwaka kuri uyu wa Gatanu
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|