
Areruya yakomeje kuyobora abandi basiganwa
Mu gace ka gatandatu k’iri siganwa kareshyaga na Kilomtero 107, Areruya Joseph yongereye amahirwe yo kwegukana iri siganwa, aho kuri uyu munsi yasoje ari uwa gatatu.
Areruya Joseph yaje guhita asiga Nikodemus umukurikiye amasegonda 18 ku rutonde rusange, bimuha amahirwe menshi yo kwegukana iri siganwa risozwa kuri iki cyumweru.

Aha hari gato mbere y’uko isiganwa ritangira
Muri aka gace kavaga Bitam kugera Oyem, umutaliyani Nocentini Rinaldo niwe waje ku mwanya wa mbere, aho yasize Areruya Joseph wa gatatu amasegonda ane.
Ohereza igitekerezo
|
Mukomeze gusenga impano zabanyarwanda zibashe gukora kuko zimaze kugaragara kandi areruya natsinda Iraba ari intsinzi yu Rwanda
NIBYIZA ALELUYA OYEEE
Imana imujye imbere kandi imuyobore
Komerezaho muhungu wacu abanyarwanda twese tukurinyuma bone chance
Wow mbega byiza moturater’imbere muri byose amagare, foot ball umutekano turawutanga iyo mu mahahanga nukuri insinzi kuri buri mu nyarwanda ni nshuti z’urwanda. imana yarakoze kuduha muzehe wacu arakarama.
Rwanda oyee, oyee, oyee! I Gabo nyamara ejo turarizamurayo!
Courage cyane mwana w’ U Rwanda. Zizazamurwa i Gabo! Ndavuga ibendera ry’ U Rwanda
imana ifashe aleluya abanya burayi tubereke ko murwanda hari impano y’igare. nti twamufana kuko tutariyo gusa ndizerako amasengesho yacu agerayo
muri sport nyarwanda nibyishimo. gusa doreko amavubi yacu ari kubikora. nanone dore. aleluya joseph yongeyemo ibyishimo kubera umutoza mwiza felex sempoma