Amarira y’ibyishimo ku bakobwa ba Espagne muri UCI 2025 i Kigali
Abakobwa b’Ikipe y’Igihugu ya Espagne bitabiriye irushanwa ry’Isi ry’amagare i Kigali, ibyishimo byabarenze bararira, nyuma y’intsinzi ya mugenzi wabo Paula Ostiz, wabaye uwa mbere mu batarengeje imyaka 19, ku ntera y’ibilometero 74, yegukana umudali wa zahabu.













Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|