Nyuma y’icyumweru kirenga baba inyuma y’iyi kipe y’igihugu yari ihagarariye u Rwanda, mu isiganwa ry’amagare rizenguruka ighugu cya Senegal rizwi nka Tour du Senegal, iyi kipe yaje kwakirwa n’Abanyarwanda batuye Senegal, ibirori byabereye mu mujyi wa Dakar.
Muri iri siganwa, Umunyarwanda waje imbere ni Bonaventure Uwizeyimana waje ku mwanya wa kane. aho yarushijwe iminota 3 n’amasegonda 45 n’umunya-Namibia Dan Craven wegukanye iri siganwa.
Amwe mu mafoto y’uko Abanyarwanda bakiriye iyi kipe n’andi yaranze isiganwa




















Amafoto: Mukiza Pascal/Diaspora y’u Rwanda muri Senegal
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
congs. ariko nta yandi makabutura abatwara amagare bagira atabyimbisha ibitsina byabo?
biba biteye isoni. ntabwo bijyanye n’umuco nyarwanda
hhhhhhhhh, ngo amakabutura abyimbisha.....?Noneho ndumiwe.